Subscribe for Email Updates
Marketing by

KWIYEMEZA KWANJYE MU GUFASHA GUSOHOZA UMURIMO W’INSHINGANO NKURU 

Bitarenze icyumweru cya Pentekote, taliki 5 Kamena, 2033 

Kosora utuzu dukurikira niba wemeranya natwo: 

Nizera ko Yesu yategetse itorero rye gusohoza Inshingano Nkuru rero nanjye ndashaka kuba mu Basohoza uwo murimo bitarenze italiki 5 Kamenya 2033, aribwo itorero rizaba ryujuje imyaka 2000 rivutse!
Niyemeje kuyobora itorero ryacu mu bukangurambaga bw’iminsi 40 ku gukura mu mwuka bwateguwe na FTT bwiswe “TWAREMEWE IBIRUSEHO” mu mwaka utaha (Hitamo bumwe hepfo):
Niyemeje kuyobora itorero ryanjye mu gufasha kugera ku ntego za Finishing the Task mu buryo bwose nshoboye, harimo ariko bitagarukiye ku:

Mu gukwirakwiza Bibiliya, gutanga umusanzu wanjye no gusobanura 

Mu gutangiza amatorero mashya ahantu hataragera ubutumwa

Mu gusengera abatarakizwa mbatura amazina

Mu gutoza abakristo bose guhamiriza abandi

Ndifuza guhugurirwa Inshingano Nkuru nta kiguzi n’iya kure ku Itorero rifite ubuzima bwiza. Amahugurwa mbumbe (amasomo 36). Mwamvugisha ku bijyanye no kwiyandikisha ku masomo agiye gutangira:

Imyirondoro yawe Hepfo:

Izina ryawe ryawe - wabatijwe:

First Name:

Izina wiswe n’ababyeyi:

Last Name:

Itorero:

Church:

Numero yawe ngendanwa/WhatsApp:

Church:

Imeyili Yawe:

Email Address:

Igihugu:

Country:

Umujyi:

City:

Intara (ubishatse):

State:

Zip code (Ubishatse):

Zip:

Finishing the task
Terms & Condition | Contact Us

Copyright 2023 - FTT, All Rights Reserved