Nizera ko Yesu yategetse itorero rye gusohoza Inshingano Nkuru rero nanjye ndashaka kuba mu Basohoza uwo murimo bitarenze italiki 5 Kamenya 2033, aribwo itorero rizaba ryujuje imyaka 2000 rivutse!
Niyemeje kuyobora itorero ryacu mu bukangurambaga bw’iminsi 40 ku gukura mu mwuka bwateguwe na FTT bwiswe “TWAREMEWE IBIRUSEHO” mu mwaka utaha (Hitamo bumwe hepfo):
Niyemeje kuyobora itorero ryanjye mu gufasha kugera ku ntego za Finishing the Task mu buryo bwose nshoboye, harimo ariko bitagarukiye ku:
Mu gukwirakwiza Bibiliya, gutanga umusanzu wanjye no gusobanura
Mu gutangiza amatorero mashya ahantu hataragera ubutumwa
Mu gusengera abatarakizwa mbatura amazina
Mu gutoza abakristo bose guhamiriza abandi
Ndifuza guhugurirwa Inshingano Nkuru nta kiguzi n’iya kure ku Itorero rifite ubuzima bwiza. Amahugurwa mbumbe (amasomo 36). Mwamvugisha ku bijyanye no kwiyandikisha ku masomo agiye gutangira: